Umusore yafashwe arimo kwandikira undi mukobwa ubwo yari mu bukwe n’umukunzi we

10/06/2023 08:41

Umusore wari mu bukwe bwe yatunguranye arimo kwandikira undi mukobwa maze atungura benshi.

Amashusho n’amafoto y’uyu musore yakwirakwijwe kumbuga nkoranyambaga, benshi bibaza niba ibyakozwe aribyo cyane niba uyu musore Koko yari mu makosa.

Aya mashusho yashyizwe hanze na CynthiaUmunze nyuma aza gusibwa kubera uburyo abantu bagaragazaga ko batishimiye uyu musore wakomezaga kugenda avugisha abandi bantu.

N’ubwo byagenze gutyo umukobwa yari yishimye cyane ndetse ubona ko afite atababajwe cyane n’ukunzi we.Ikinyamakuru Indiatvnews kivuga ko aho ubukwe bwabereye n’amazina yaba babukoze bitigeze bimenyekana.

Src: Indiatvnews.com

Advertising

Previous Story

Dore amoko y’ibiribwa byongera ubushake bwo gutera akabariro n’uburyo wabikoresha ukivura iki kibazo

Next Story

“Mpaye gasopo abakobwa bashaka kuntwarira umugabo kubera ko amaze kumenyekana” ! Umukobwa w’ikizungerezi yihanije abashaka kurarura umukunzi we bitwaje ko ari icyamamare!

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop