Umusore n’inkumi bafashwe bari guterera akabariro mu gikapu

17/12/2023 12:12

Umusore n’inkumi bafashwe amashusho bari gutera akabariro ku muhanda mu ruhame maze ababibonye bose barumirwa

Inkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga, ni inkuru yuyu mukobwa n’umusore bafashwe amashusho bari gutera akabariro mu muhanda ndetse babikorera mu gikapu baryamamo kizwi nka Sleeping bag mu rurimi rw’amahanga.

Nk’uko ayo mashusho yasakaye hirya no hino ku mbugankoranyambaga, ariko uwatumye ayo mashusho asakara ni umuntu wanyujije ayo mashusho ku rukuta rwa X rwahoze raitwa Twitter mu mazina cyangwa kuri konti yitwa @Videossick, niwe watumye ayo mashusho asakara hirya no hino ku mbugankoranyambaga.

Ayo mashusho y’amasegonda 15 yafashwe hafi na Macdonald drinks cup, umusore n’uyu mukobwa bagaragaye muri ayo mashusho ntago imyirondoro yabo iramenywa.

Kuri ubu aya mashusho amaze kwamamara kuko amaze kurebwa n’abarenga million imwe.

Bamwe mu bantu bakoresha imbugankoranyamaga cyane urubuga rwa X, bagiye ahandikwa ibitecyerezo maze umwe agira ati “Niba ucyeka ko urukundo nyarwo rutakibaho ukundi, hagire umbwira ibi ni ibiki!?”. Undi nawe ati”Urukundo ni urukundo, uri ni urukundo nyarwo”.

Umwe mu bakoresha urubuga rwa X, yavuze ko iyo abantu baryamaniye ahantu kure mu muhanda hatari abantu ngo ntago biba icyaha, ahubwo biba icyaha iyo mubikireye ahantu Hari abantu ndetse bikamangamira abantu babareba.

Source: Daily star

Advertising

Previous Story

Dore ibintu ukwiye kumenya mbere yo gushakana n’umugabo w’umusirikare

Next Story

Azankwa Million 800 atange Inka 25,000 ! Inkumi y’uburanga ikomeje gutitiza imbuga nkoranyamaga nyuma yo kuvuga inkwano umusore uzamujyana azatanga

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop