Umuryango wabyaye impanga z’abana 2 umuzungu n’umwirabura

20/04/2023 09:18

Ntabwo bisanzwe ko umuryango ubyara impanga z’abana badahuje uruhu nk’uko byabaye kuri ubu bigatangaza benshi.

Ni inkuru iba idasanzwe kubona umuryango w’umuzungu n’umwirabura wabyaye impanga bigatangaza cyane kubona babyaye abana badahuje uruhu. Umwe ari umwirabura undi ari umuzungu.

Umubyeyi witwa Libby Appleby yibarutse abana 2 b’impanga ariko badahuje uruhu baba bamwe mubavukiye muri Amerika bameze gutyo dore ko bidasanzwe ko umuryango ubyara abana badahuje uruhu nk’uko Ibinyamakuru byanditse iyi nkuru byabitangaje.

Muri izi mpanga uwomitwa Amelia niwe wavukanye uruhu rw’irabura mu gihe mugenzi we Jasmine bavukiye rimwe we ari umuzungu , umusatsi wera ndetse n’amaso y’ubururu.

Kuba bavukanye uruhu rutandukanye ntibyakuyeho kuvukana uturemangingo dusa , ibintu byatangaje benshi.


Advertising

Previous Story

Uburyo bwagufasha kubaza umuntu uko amerewe akakubwiza ukuri

Next Story

Dore impamvu utari uzi zishobora gutuma umukobwa ajya mu mihango inshuro irenze imwe mu kwezi

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop