Muri iyi minsi biragoye kumvisha bamwe mu bakobwa ko burya ubwiza bw’umuntu ari uko yavutse. Gusa muri iyi myaka abakobwa benshi bakunda kujya gushakisha ubwiza mu kwibagisha ngo babe beza, ndetse Hari nabitera ibizwi nka Makeup kugira ngo base neza.
Ni kimwe no kuri uyu mukobwa wo mu gihugu cya Kenya, yagaragaye mu mashusho bamujombye inshinge mu ijosi ngo ashaka ubwiza, abantu benshi bakomeje kwibaza ubwiza bashakira mu kwijomba inshinge ndetse Hari nabajya kwibagisha kugira ngo base ndetse batere neza kurushaho.
Abantu benshi bakoresha imbugankoranyamaga cyane urubuga rwa Facebook babonye ifoto yuyu mukobwa, byatumye benshi bakomeza kuvuga ko burya ubwiza buhenda ndetse ubwiza ko buvuga, gusa Hari nabavuga ko aho kujombwa inshinge ngo ni ubwiza bahitamo kuguma kwibera nkuko baze.
Bagendeye ku bushakashatsi bwakoze buvuga ko kujombwa inshinge kuriya ngo bituma umubiri umera neza uruhu rukagororoka ndetse ngo bivura stress, icyakora bavuga ko ubu buryo bwakoreshwaga cyera buraryana cyane ko ubikorerwa ajombwa inshinge mu mubiri we.
Source: News Hub Creator