Umukobwa wigaga muri Kaminuza atwite yatandukanye n’umukunzi we ahita ajya kwiyahura

30/03/2024 21:02

Urukundo ruragoye kurusobanura ndetse rwabereye benshi amayobera nyuma y’aho umukobwa wari muri Kaminuza mu mwaka wa Mbere atandukaniye n’umukunzi we agahita yiyahura.Ibi byabereye muri Kenya mu gace ka Kericho.

Faith Charity Makhulu w’imyaka 19 y’amavuko akiga muri Kaminuza mu mwaka wa Mbere yasanzwe mu nzu yapfuye.Nk’uko Citizen TV ibitangaza , uyu mukobwa nibwo yari akigera muri Kaminuza.Mu iperereza ry’ibanze Police yo muri aka gace yatangaje ko Faith ashobora kuba yiyishe.

Amakuru avuga ko umusore bakundanaga , akanamutera inda , yamufashe nabi ndetse akanga kumuha ubufasha cyangwa icyari cyo cyose cyagombaga gutuma ubuzima bwe bugenda neza.

Advertising

Previous Story

Umuvandimwe wa Bianca Censori yahishuye ikintu gikomeye kumyitwarire ye

Next Story

Rayon Sports y’Abagore yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop