Umukobwa wahoze acuruza ibisheke kumuhanda yabaye umunyamategeko ahita yanga umukunzi we amubuza no kuzongera kumwegera

27/11/2023 19:55

Umukobwa wo muri Kenya , yashyize hanze ubuzima yabayemo bugoye ari umucuruzi w’ibisheke abugereranya n’igihe yari amaze kuba umunyamategeko.

Nyuma yo guhirwa akaba umunyamategeko, yahise atangariza uwo bakundanaga ko batandukanye ndetse amubuza no kongera kumwegera ngo kuko yari amaze kubona ko yabaye mwiza.

Uyu mukobwa ni we wifashe amashusho arimo kugaragaza uko asigaye ateye.Muri aya mashusho yashyize kumbuga nkoranyambaga ze nka @nanaakua_law, yigaragaje ateruye ibisheke asa nu naniwe cyane , ashyiraho indi foto ari mu bisubizo.

Umusore bakundanaga yagerageje ku mwegera ariko undi aranga amuhunza umugongo , ndetse ngo aramuboroka amubwira ko adakwiriye kongera kumuvugisha.

Benshi mu babonye aya mashusho bagaragaje ko bishimiye iterambere rye gusa bamunengera ko yanze uwo bahoze bakundana.

Advertising

Previous Story

The Ben yavuze ko we na Meddy bafite indi mirimo itabemerera guhora muri muzika abwira amagambo akomeye uwamwise umunebwe

Next Story

Rihanna n’umuhungu we bagaragaye mu nkweto zidasanzwe

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop