Rihanna n’umuhungu we bagaragaye mu nkweto zidasanzwe

28/11/2023 07:32

Umuhanzikazi Rihanna n’umuhungu we RZA ubwo bari mu Mujyi wa NewYork bagaragaye bambaye inkweto zidasanzwe.

Rihanna yari yambaye ikoti ry’umukara rire rire , n’ipantaro y’umukara imufasha cyane kuburyo bigaragara ko ishobora kuba ikoranye n’umubiri we.

Ubusanzwe Rihanna ni umunyamideri wabyinjiyemo cyane ubwo yari akiri mu buhanzi cyane ndetse na nyuma y’aho.

 

Ikinyamakuru Vogue cyanditse ko Rihanna yari afashe mu ntoki inkweto z’umuhungu we w’umwaka umwe n’igice witwa RZA ari iruhande rw’imodoka 2.

Kugeza ubu umugabo wa Rihanna A$AP Rocky ari mu bibazo byo kuburana mu nkiko aho ashinjwa kurasa uwahoze ari umukunzi we.

Rihanna ntabwo yigeze yigaragaza mu rubanza rwe kuva yatangira kuburana.

 

Advertising

Previous Story

Umukobwa wahoze acuruza ibisheke kumuhanda yabaye umunyamategeko ahita yanga umukunzi we amubuza no kuzongera kumwegera

Next Story

Numuhanzi ni Umu-Youtuber ! YAGO ntabwo yigeze areka ibiganiro byo kuri Youtube abantu baramubeshyeye

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop