Umuhanzi Bahati uherutse gukorana indirimbo na Bruce Melodie yashinjijwe n’umugore we kutogosha imyanya ye y’ibanga

by
24/07/2023 11:42

Uyu mugabo ndetse akaba umuhanzi ukunzwe muri Kenya Bahati uherutse gukorana indirimbo na Bruce Melodie yitwa Diana yatuye umugore we Diana yavuze ibintu bitangaje ku mugore we.

 

Iyo kupure imaze kwamamara cyane ya Diana ndetse na Bahati basangije ababakurikira amashusho baganira ku bibazo byabo bagirana.Mu mashusho banyujije ku ruba rwa YouTube, uyu muhanzi Bahati yavuze ko ubuzima bwe bumaze guhinduka nyuma yuko umugore we Diana w’imyaka 34 yinjiye mu buzima bwe.

 

Bahati yavuze ko kuza kwa Diana mu buzima bwe byahinduye ubuzima bw’uyu musore ndetse no mu mibereho ye yaburi munsi aho yavuze ko byatumye atangira guhindura utwenda twimbere buri munsi.

 

Uyu mugabo w’imyaka 30 yongeye ho kandi ko umugore we ataraza mu buzima bwe atogoshaga imyanya ye y’ibanga ariko aho umugore we aziye mu buzima bwe asigaye amwogosha.

 

Gusa uyu mugabo yavuze ko uyu mubyeyi w’abana be batatu amaze kumwogosha kabiri konyine mu myaka 7 bamaranye bari kumwe.Gusa uyu mugore yavuze ko ngo umugabo we adakunda kogosha imyanya ye y’ibanga ngo iyo bari kumwogosha biramubangamira cyane.

 

Uyu mugore we yamusezeranyije ko agiye kujya amwogosha akoresheje imiti ku buryo atazongera kubangamirwa.Aba bombi bemeranyije imyaka igera kuri 7 babana ndetse bakaba bafitanye abana 3 harimo nundi w’umuhungu ufite imyaka 13 barera.

Arvin

Ni umwanditsi wa Umunsi.com

Advertising

Previous Story

Zuchu yavuze ko inda atwite atari iya Diamond Platinumz ndetse arenzaho ko ngo atamutwitira rwose

Next Story

Ntuzigere ubwira umugore wawe ibi bintu 2 kabone niyo waba umukunda cyane uzabigire ibanga

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop