Umugore witwa Elizabeth yemeje ko nyuma yo gufatwa kungufu asigaye ahorana irari ry’ubusambanyi

18/08/2023 21:18

Uyu mugore witwa Elizabeth yavuze kuntu amaze kuryamana n’abagabo barenga 50 harimo n’abasaza bimyaka 80 nyuma yo gufatwa kungufu n’umwe mu muryango we ubu ngo ahorana irari ry’ubusambanyi.

 

 

 

 

Uyu mugore w’abana 3 avuga ko yavukiye mu Mujyi Kiambu ho muri Kenya, nkuko abyivugira bakundaga kujya gusaba ibiryo kwa Uncle we ndetse ko bakoreshaga ubucyene barimo bakabakoresha imirimo ivinanye cyane.Umunsi umwe yagiye aho kwa Uncle we asangayo umuhungu wa uncle we wamurushaga umwaka umwe gusa, arangije amufata kungufu ariko abigira ibanga ntiyabibwira ababyeyi be ko yahohotewe.

 

 

 

Ku myaka ye 10 gusa yambuwe ubusugi bikozwe n’umwe mu muryango we, agisoza amashuri abanza ya primary yagiye gukora ahantu ahakora abafasha imirimo yo murugo.Umuhungu wa boss we wahoze yakoraga nawe yamufashe kungufu ndetse nawe atangira kujya ateretana n’abasore barenze umwe. Umwe mu basore bakoraga aho nawe yakoraga nawe bararyamanaga.

 

 

 

 

Nyuma yaje kumenya ko atwite ndetse ko atwite impanga. Hashize umwaka amaze kubyara abana yaje kubona akazi mu baturanyi bari bakuru mu myaka. Yatangiye kuryamana n’umusaza w’imyaka 80 mu gihe umugore we adahari akamwishyura amashiringi 500.Yakomeje avuga ko yaryamanaga n’abasore barenze kugira ngo abone uko atunga abana be. Yaryamanye n’umwana wa boss we nubundi ndetse avuga ko aho yabaga Ari hose yabaga Ari kwikinisha cyangwa Ari kureba amashusho yurukozasoni.

 

 

 

Kubera ibyo yakoze byose rimwe narimwe abagabo batangiye kujya bamwanga kubera kumuhaga.Ubu aratakambira abantu ndetse nabavugabutumwa kuza bajamusengera agakizwa umwuka wirari ry’ubusambanyi rikamuvamo ndetse bakamushakira akazi agatunga abana be.

 

 

Umwanditsi: Byukuri Dominique

 

 

Source: News Hub Creator

Advertising

Previous Story

Umugabo yanze umugore we kubera umubyibuho ngo bituma atamunezeza mu buriri

Next Story

Aline Gahongayire yashyize hanze amashusho y’indirimbo ‘Zahabu’

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop