Umugore w’imyaka 28 yishwe na mugenzi we bapfa umugabo bombi bakundaga cyane

18/04/2023 09:33

Umugore w’imyaka 28 yishwe na mugenzi we bapfa umugabo bombi bakundaga cyane

Ntabwo bimenyerewe ko abagore babiri barwanira umugabo umwe ariko iyo byabayeho ibyatsi ntibimera.Uyu mugore warwaniye n’undi mugore umugabo bose bigeze gukundana nawe kugeza ubwo ahasize ubuzima.

Ni umugore wo mu gihugu cya Ghana w’imyaka 28. Uyu mugore yarwanye na mugenzi we ahazwi nko kuri Dwinase Hafi ya Kokotro muri Ghana mu gace ka Ashanti.

Ibinyamakuru byatangaje iyi nkuru byagaragaje ko uyu mugore witwa Vida Ennin ariwe wabuze ubuzima dore ko ngo yashinjwaga :”Gukwirakwiza amagambo y’ibinyoma (amazimwe) (Gossip), kuri Mary Akosua Agyemang wamamaye nka Serwaa w’imyaka 25 y’amavuko.

Amakuru akomeza atangaza ko aba bagore bombi bapfuye umugabo bose bakundanaga nawe nyuma bakaza kumubura.Aba bagore bombi bavandimwe bavugaga ko umugabo ari uwabo umwe yemeza ko ari uwe undi nawe akavuga ko ari uwe.

Uwari uhanganye na Vida , yagiye munzu ngo asohokana icyumba gityaye agitera Vida mu maso no mu kiganza nyuma bimenyekana ko yavuyemo umwuka.

Polici yo muri iki gihugu yaje guta muri yombi uyu mugizi wa nabi ndetse n’abandi bantu babiri barimo Felicia Sarpong w’imyaka 61 na Ernest Achirem w’imyaka 63 Ernest Achirem y’amavuko.Birateganywa ko bazagezea mu rukiko tariki 26 Mata 2023.

Advertising

Previous Story

Ese byagenda gute mu gihe uhagaritse gukora imibonano mpuzabitsina?, ibibi n’ibyiza byabyo

Next Story

Monalisa yatunguranye avuga ko yaryamanye n’umukunzi we inshuro 27 umunsi umwe

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop