Uyu mugore usanzwe ufite umugabo ndetse akaba mama w’abana babiri, yemeye ko atabyaraga ariko akaza kuryamana na Pasiteri nyuma akaza kubyara.
Â
Uyu mugore yazamuye ijwi avuga inkuru ye ubwo yari undi mugore waryamye na Pasiteri abantu bari bari kuvuga nabi bityo nawe ahita avuga ibyamubayeho.
Â
Yavuzeko Ari umwe mu bagore baboneye urubyaro kuri Pasiteri kuko ngo iyo ataryamana na Pasiteri ubu ntiyagakwiye kuba afite abana nawe yitwa mama.
Â
Ubwo yavugaga inkuru ye, yavuze ko yari amaze imyaka igera kuri 7 atabyara cyane ko yari afite umugabo.
Â
Yaje kujya kuganirira inkuru ye Pasiteri wabo, nuko Pasiteri we amubwira ko baryamana, bakimara kuryamana uyu mugore ngo yagiye kwa muganga abwirwa ko noneho ubu kubyara bishoboka.
Â
Umugore yahise ngo yihutira kujya kureba umugabo we bararyamana nkibisanzwe nuko aza kumura inda nyuma y’imyaka 7 byari byaranze.
Â
Bamaze igihe bibarutse umwana umwe uyu mugore yavuze ko yashatse kongera kubyara uwa kabiri biranga biba ngombwa ko asubira kuryamana na Pasiteri kugira ngo bikunde.
Â
Uyu mugore yavuze ko ubu yishimye cyane yibarutse abana babiri.
Â
Abantu benshi bakomeje kwibaza ikintu Pasiteri yakoresheje kugira umugore abashe gutwita.
Â
Abandi bati wasanga abo bana Bose Ari aba Pasiteri ahubwo Ari umugabo we utabyara, bikomeje kuba amayober
Â
Â
Source: TUKO
Â