Umugore wari warabuze urubyaro yemeye ko yaryamanye na Pasiteri akaza kubyara abana babiri

29/08/2023 10:23

Uyu mugore usanzwe ufite umugabo ndetse akaba mama w’abana babiri, yemeye ko atabyaraga ariko akaza kuryamana na Pasiteri nyuma akaza kubyara.

 

Uyu mugore yazamuye ijwi avuga inkuru ye ubwo yari undi mugore waryamye na Pasiteri abantu bari bari kuvuga nabi bityo nawe ahita avuga ibyamubayeho.

 

Yavuzeko Ari umwe mu bagore baboneye urubyaro kuri Pasiteri kuko ngo iyo ataryamana na Pasiteri ubu ntiyagakwiye kuba afite abana nawe yitwa mama.

 

Ubwo yavugaga inkuru ye, yavuze ko yari amaze imyaka igera kuri 7 atabyara cyane ko yari afite umugabo.

 

Yaje kujya kuganirira inkuru ye Pasiteri wabo, nuko Pasiteri we amubwira ko baryamana, bakimara kuryamana uyu mugore ngo yagiye kwa muganga abwirwa ko noneho ubu kubyara bishoboka.

 

Umugore yahise ngo yihutira kujya kureba umugabo we bararyamana nkibisanzwe nuko aza kumura inda nyuma y’imyaka 7 byari byaranze.

 

Bamaze igihe bibarutse umwana umwe uyu mugore yavuze ko yashatse kongera kubyara uwa kabiri biranga biba ngombwa ko asubira kuryamana na Pasiteri kugira ngo bikunde.

 

Uyu mugore yavuze ko ubu yishimye cyane yibarutse abana babiri.

 

Abantu benshi bakomeje kwibaza ikintu Pasiteri yakoresheje kugira umugore abashe gutwita.

 

Abandi bati wasanga abo bana Bose Ari aba Pasiteri ahubwo Ari umugabo we utabyara, bikomeje kuba amayober

 

 

Source: TUKO

 

Advertising

Previous Story

Sinzigera mbyara umwana yambangamira ! Ku myaka ye 45 umugore yavuze ko aticuza umwanzuro yafashe wo kutazabyara mu buzima bwe

Next Story

Kimenyi Yves n’umugore we Uwase Muyango bifurije umwana wabo w’umuhungu isabukuru nziza y’amavuko Ally Soudy n’ibindi byamamare baramwikiriza

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop