“Umugore wanjye namusangiraga n’abandi bagabo babiri kandi nkanyurwa” ! Umugabo yatanze ubuhamya

18/02/2023 22:26

Nick Davis ufite abagore 3 bose baba mu duce dutandukanye.Iteka yahoraga yicaye mu rugo nk’umwami ntakintu na kimwe yabazwa cyangwa ngoabashe gukora afasha abo bagore be na cyane yari ifite impamvu kuri we zumvikana.

Uyu mugabo ufite abagore 3 yahoraga yishimye mu gitanda rwose kuko yabonaga buri kimwe yabaga akeneye kugira ngo anezerwe by’umwihariko kubagore be.Abagore be nibo bari bafite ubushobozi bukomeye ndetse bamwe bakaniyemeza kumwitaho dore ko yabahaga akazi bose icyarimwe , bagakora akazi badataha.

Uyu mugabo yahuye n’abagore be mu kwezi kwa 5 tariki, afite imyaka 38 ndetse ngo anezezwa no kugira abagore benshi cyane ngo na cyane ko bamufasha gukomeza gukora neza kandi cyane .Aganira na TLC’s uyu mugore yagize ati:”Nick ashoboye byose rwose kandi cyane, kandimu gitanda ni umuhanga mu buryo budasanzwe.Nick ashobora kuba yayobora amarangamutima ye kandi yafasha muri buri kimwe”.


Mu by’ukuri hari mu kwezi kwa 4 ubwo nahuraga n’umugore wanjye wa mbere,yari afite imyaka 39 y’amavuko, uwitwa Jennifer afite imyaka 25 y’amavuko ndetse n’abandi batandukanye.Abagore banjye bose ni beza cyane kandi bose ndabakunda by’umwihariko”.

Inkuru z’urukundo ziba zitandukanye ariko hari n’inkuru ziba zidasanzwe.Uyu mugabo yavuze ko umugore we umwe yamucaga inyuma cyane ndetse akanivugira ko yamusangiraga n’abandi bagabo babiri kandi ntihagire ikibazo agira ngo na cyane ko nawe yamucaga inyuma, nk’uko tubikesha ikinyamakuru Daily Star.Uyu mugabo asobanura ko urukundo rwe atazigera arushyira hasi habe n’isegond.

Advertising

Previous Story

Dore impamvu zitera abagore kuribwa mukiziba cy’inda

Next Story

Menya igihugu kimwe kw’isi kiyobowe n’umuntu wapfuye

Latest from Imyidagaduro

Go toTop