Umugeni yasabwe kuryama hasi akanapfukamira umugabo we wari wicaye ku ntebe nk’umwami

14/12/2023 14:57

Ubukwe bukomeje kuvugisha benshi ni ubw’umugeni wasabwe kuryama hasi kugira ngo bigaragare ko ahaye umugabo we icyubahiro.

Mu mashusho atigeze avugwamo amazina , inkomoko yayo cyangwa aho byabereye, umugani yari aho batambukira [ Ku itapi itukura ] , umugabo we yicaye imbere ye kuntebe.

Ibintu byafashwe nk’agasuzuguro benshi bibaza niba ari umuco kuko cyangwa niba ari ukwigiriza nkana k’umukobwa bituma batanga inama kubandi bari, na cyane ko we yabikoraga ubona ko atabishaka atanabyishimiye.

Uyu mugabo yari yicaye ku ntebe nziza imbere nk’umwami , umugore we arapfukama , arangije aryama hasi akoma mu mashyi inshuro 3 nko kumuha icyubahiro.

Abari bitabiriye ubukwe basaga n’abashobewe , batanze ibitekerezo n’Imana bihuye neza n’iby’abanyuze kuri TikTok aho aya mashusho yanyujijwe.

Ese ibi byakabaye hari aho bikiba ? wowe umaze gusoma iyi nkuru ni iyihe nama waha uyu mukobwa.

Advertising

Previous Story

Byinshi wamenya kundwara Hypnagogia ituma urota amajwi ari kuguhamagara cyangwa ukumva abakuvugira iruhande

Next Story

Burya akunda Diamond cyane ! Zuchu yagaragaje uburakari bwinshi ku bantu bavuga nabi umukunzi we

Latest from HANZE

Go toTop