Umugabo yishyuriye umukobwa amashuri yose harimo na kaminuza arangije kwiga aramushaka aramubura

02/09/2023 20:01

Iyi nkuru y’uyu mugabo wari usanzwe afite umugore akishyurira umukobwa kaminuza yose nyuma umukobwa akaza kumucika ikomeje kuvugisha benshi mu gihugu cya Nigeria.

 

Ibi byaje gukwirakwira hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga binyuze ku rubuga rwa Facebook aho umwe mu bantu yashyize hanze ayo makuru.Nk’uko amakuru avuga  ko uyu mugabo yishyuriraga iyo nkumi amafaranga y’ishuri ya kaminuza ndetse akanarenzaho icumbi ry’uwo mukobwa nayo kumufasha mu buzima bwe bwaburi munsi.

 

 

 

Uyu mukobwa bijya kwanga bivugwa ko yari yarabuze uko yiga nyuma y’uko papa we umubyara apfiriye kandi ariwe wamwishyuriraga amafaranga yishuri ngo yige.Ubwo inkuru y’uwo mukobwa yageraga kuri uwo mugabo, yumvise ko  akwiye gufasha ndetse yiyemeza gufasha uwo mukobwa ngo arangize amashuri ye ya kaminuza gusa anateganyako bashobora kubana.

 

 

 

Uyu mukobwa akirangiza kwiga uyu mugabo yamubajije amanota ye n’umwanya yacyuye mu masomo ye gusa nkuko abyivugira ariko umukobwa aratsemba.Ubu uyu mukobwa yanze kongera kuvugisha uyu mugabo ndetse ntanubwo uyu mugabo azi aho uyu mukobwa yagiye.

 

 

Uyu mugabo yababajwe nuko yagiriye neza uyu mukobwa ariko bikaba byarangiye uyu mukobwa ahindutse umwanzi we atazi icyo azira na cyane ko ngo yari yaramukunze.

 

Umwanditsi: Byukuri Dominique

 

 

 

Source: TUKO

 

 

Advertising

Previous Story

Umukinnyikazi wa Filime wamamaye nka Nyiramana muri Seburikoko na I Kigali si ikigoma yapfuye azize uburwayi asiga abana babiri

Next Story

Hamisa Mobetto yashimishijwe cyane n’umukunzi we watunguye nyina umubyara akamuha impano y’indabo zikozwe mu mafaranga na Cake yo kurya

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop