Umugabo wanjye yantanye abana b’impanga aziko tutazabaho, none ubu turasa neza kurushaho

09/12/2023 19:31

Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga bakomeje kuvugishwa n’inkuru ndetse n’amafoto y’uyu mugore arikumwe n’abana be b’impanga bivugwa ko uyu mugore yabareze wenyine ubwo umugabo we yangaga kumufasha kurera abana.

 

Uyu mugore wo mu gihugu cya Ghana, afatwa nk’umugore wigira kuko niwe wareze abana be kuva bakiri bato arabakuza kuri ubu akaba bamaze kuvamo abasore bibigango ndetse bavamo abasore beza basa neza kuburyo amafoto yabo yatunguye abantu benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga.

 

Mu mashusho yanyujije ku rubuga rwa Instagram rw’igitangazamakuru cya Ghpage, hanyujijwe amashusho yerekana abo bana bari kumwe na nyina bakiri bato cyane ndetse harimo n’amafoto yubu bamaze kuvamo abasore basa neza cyane.

 

Uyu mugore nyina wabo bana, avuga ko ubwo abana be bari bakiri bato cyane, s ubabyara yabataye ariko uyu mugore we wakundaga abana be akababa hafi ndetse akabarera neza uko ashoboye kuri ubu bakaba bamaze kuvamo abagabo bakuru ndetse basa neza cyane.

Abantu benshi bakomeje gitungurwa n’uburyo uyu mugore yise ku bana be ndetse akabarera neza kuburyo kuri ubu bavuyemo abasore beza cyane.

Source: ghpage.com

Advertising

Previous Story

Ibyaha bya Mama byatumye mfungwa ! Ku myaka 16 yafunzwe acyekwaho kwica papa we umubyara

Next Story

Abagabo benshi baba bashaka kuryamana nanjye ! Umukinnyi wa Filime muri Nigeria yavuze imbogamizi ahura nazo

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop