Umugabo ufite abagore 4 yasize inkuru i musozi ku bantu bose babonye ifoto ye ari kumwe n’abagore be

31/07/2023 12:56

Nk’uko bigenda bivugwa na bamwe ngo burya kuzana abagore barenze umwe bifatwa nk’ubutwari ndetse bigafatwa nkibigwi.

Niko uyu mugabo Musa Mseleku yashimangiye urugendo rwe.Uyu mugabo yavuze ko yatangiye urugendo rwe rwo gushaka abagore barenze umwe ndetse yavuze ko atazarecyera kuzana abandi bagore.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram Nibwo yashize hanze ifoto igaragaza abagore be Bose uko Ari bane Kandi beza gusa gusa.

Nkuko yakomeje kuvuga, yavuze ko kugira umuryango mugari Atari ibintu biba byoroshye ariko ngo kuri we ni ibyagaciro kugira abagore barenze umwe.

Ngo burya kugira abagore barenze umwe si ibintu bya buri umwe kuko ngo ni ibintu bikira abagabo bifite babakungu kuko aribo babasha kwita ku bagore barenze umwe.

Uyu mugabo Kandi we yivugiye ko kuzana abagore barenze umwe Atari bibi ahubwo ko Ari ikintu kibi cyane ku bagabo babacyene.

Uyu mugabo nyuma yo gushyira hanze ifoto igaragaza imiterere ndetse n’ikibero n’ubwiza byabagore be Bose uko Ari bane, abantu benshi bakomeje kuvuga ko uyu mugabo yihaye.

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Source: News Hub Creator

Advertising

Previous Story

Mbisubiremo sintwitiye Diamond Platinumz: Zuchu yongeye kuvuga ko inda atari iya Diamond Platinumz agaragaza ko ari inshuti ye isanzwe

Next Story

Dore inyamashwa zipfa iyo zimaze kubyara

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop