Umugabo bamuhaye urwamenyo nyuma y’uko yishongoye kubantu avuga ko umugore we atamuca inyuma

23/06/2023 18:23

Kugira umukunzi ugukunda cyane ndetse ukwitaho muri byose mu buzima nibyo bituma ubuzima bukuryohera ndetse n’urukundo rwanyu mukumva ruryoshye.

Ikizere ni ingenzi cyane mu rukundo, mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe muri rusange kuko ikizere cyubaka ikintu gikomeye mu buzima bwa muntu.

Umugabo uherutse gukora vuba, yashyize ku mbugankoranyambaga ifoto avuga ko umugore we atamuca inyuma mbese yavugaga ko umugore we atajya kuryamana n’abandi bagabo.

Akimara kwandika ibyo uyu mugabo yabaye umuti wamenye ku mbugankoranyambaga ndetse benshi bamugize umusazi bamugira inama.

Umwe yagize ati” uko byagenda kose, uko umugore wawe yaba ari inzira karengane ate, uko yaba agukunda kose ntuzigere wizera umugore.”

Source: News Hub Creator

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Advertising

Previous Story

Urukundo rurababaza umugore yarize arahogora nyuma yuko ananiwe gusezera umukunzi we wari ugiye hanze y’igihugu mu kazi

Next Story

Umugabo yakorewe ibyamfurambi nyuma yo gufatwa yibye inkoko zirenga 250

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop