Umucecuru w’imyaka 80 yitabye Imana ari gutera akabariro n’umukunzi we w’umusore wari ukiri muto mu myaka

20/12/2023 12:00

Inkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga ni urupfu rwuyu mucekuru w’imyaka 80 rwatunguye benshi kubera uburyo yapfuyemo ni uburyo bukomeye ndetse bukomeje kuvugisha abantu benshi hirya no hino.

 

Amakuru ducyesha ikinyamakuru ghapage aravuga ko uyu mucekuru w’imyaka 80 wo muri Ghana yitabye Imana ubwo yarari gutera akabariro n’umukunzi we w’umusore wari ukiri muto mu myaka ugereranyije n’uko uyu mucekuru angana kuko ngo uwo musore yari afite imyaka 30 y’amavuko.

 

 

Nk’uko raporo ibivuga, uyu mucekuru yaguye hasi ubwo bari mu gikorwa cyo gutera akabariro we n’umukunzi we w’imyaka 30 ndetse uyu musore akaba yashikirijwe inzego z’umutekano mu gihe iperereza ry’imbitse rikomeje.

 

 

Abashinzwe umutekano bari gukora iperereza bari kureba Niba urupfu rw’umucekuru rwatewe n’impamvu zisanzwe zo gusaza cyangwa Niba Hari izindi mpamvu zishobora kuba zabiteye. Birashoboka ko uyu mucekuru yari asanzwe arwaye bityo bikaba byamuviriyemo gupfa ubwo bari mu gikorwa cyo gutera akabariro.

 

 

Icyakora ngo birashoboka ko uyu musore ashobora kuba yahatirije uyu mucekuru ngo bakore imibonano mpuzabitsina bityo bimwe bita gufata kungufu bikaza kurangira umucecuru apfuye.

 

 

Ikindi ngo barareba Niba uyu musore yari azi ko uyu mucekuru ashize kuba arwaye cyangwa Niba Atari abizi. Kuko ngo abizi yagakwiye kuba atagiye mu gikorwa cyo gutera akabariro nuwo mucekuru kuko ngo yaba abizi ko bishoboka gutera urupfu kuri uwo mucekuru.

 

 

Ngo iperereza kandi rirakorwa kugira barebe niba uyu musore yari mu rukundo n’uyu mucekuru cyangwa se niba uyu musore atari agamije gukura amafaranga uyu mucekuru. Iperereza ry’imbitse rirakomeje ndetse uyu musore Ari mu maboko y’abashinzwe umutekano.

 

 

 

 

Source: ghpage

Advertising

Previous Story

Umukobwa w’ikimero witabiriye Miss Rwanda yatewe ibyishimo no kwigurira imodoka ye – AMAFOTO

Next Story

Umusore yasuye umukobwa bakundana asanga ni umusinzi usinda akibagirwa byose none aragisha inama

Latest from HANZE

Go toTop