Advertising

Sex/Life. (L to R) Margaret Odette as Sasha Snow, Cleo Anthony as Kam Evans in Sex/Life. Cr. Sabrina Lantos/Netflix © 2023

Ubushakashatsi bwagaragaje ibihugu 10 birimo ubusambanyi bwinshi kurusha ibindi muri Africa

06/07/2024 11:00

Mu bushakashatsi bwakozwe ku bihugu bifite umubare munini w’abantu bakora ubusambanyi muri Afurika, hagiye hagaragara impamvu zitandukanye zituma abantu benshi bashaka gusambana no guca inyuma abo bashakanye. Dore urutonde rw’ibihugu 10 bivugwamo ubusambanyi kurusha ibindi muri Afurika:

1. Nigeria: Iki gihugu gifite umubare munini w’abantu kandi n’umuco wo guca inyuma  cyane. Ubusambanyi burakorwa cyane mu mijyi minini nka Lagos na Abuja.

2. Kenya: Ubusambanyi burakorwa cyane cyane mu mijyi nka Nairobi, aho hari umubare munini w’abaturage baba mu buzima bushyushye .

3. Ghana: Mu mijyi minini nka Accra, haravugwa ibikorwa byinshi by’ubusambanyi aho abantu benshi bacana inyuma bitewe n’impamvu zitandukanye zirimo ubushomeri n’ubukene.

4. Afrika y’Epfo: Ubusambanyi burakorwa cyane mu mijyi nka Johannesburg na Cape Town, aho hakunze kugaragara ibikorwa by’ubusambanyi muri za resitora, utubari, n’ahandi hantu hahurira abantu benshi.

5. Zambia: Iki gihugu gifite umubare munini w’abantu bakora ubusambanyi, ahanini bitewe n’umuco n’imyitwarire y’abantu aho bagira umubano wihariye.

6. Côte d’Ivoire: Mu mijyi nka Abidjan, havugwa  ubusambanyi bwinshi mu baturage cyane cyane abakiri bato bafite ubushobozi buke.

7. Senegal: Iki gihugu gifite umubare munini w’abantu bakora ubusambanyi cyane cyane muri Dakar, aho abashakanye benshi bacana inyuma bitewe n’ubuzima bwa buri munsi.

8. Uganda: Kampala ni umujyi uvugwamo cyane ubusambanyi, ahanini bitewe n’imibereho y’abaturage aho hakunze kugaragara urubyiruko rwinshi rudafite akazi kandi rwishakira imibereho.

9. Tanzania: Ubusambanyi burakorwa cyane cyane mu mijyi nka Dar es Salaam, aho hakunze kugaragara ibikorwa by’ubusambanyi muri za hoteli n’utubari.

10. Angola: Mu mijyi nka Luanda, ubusambanyi burakorwa cyane cyane mu bakiri bato bafite ubushobozi buke bwo kubona imibereho.

Ahanini usanga impamvu abaturage bahantu runaka impamvu bishora mu busambanyi usanga nta mirimo ihagije yo gukora ngo bave mu bushomeri.

1 Comment

Comments are closed.

Previous Story

Dore ibyo wakora kugirango wirinde umubyibuho ukabije

Next Story

Duhozanye Henriette wahawe igihembo muri YouthConnekt 2023 yatanze inama ku rubyiruko

Latest from Ubuzima

Ibyiza byo koga amazi akonje

Hari abantu bamwe bakunda koga amazi akonje, abandi bakabitinya, bagahitamo kaga ashyushye. Nyamara burya buri kintu cyose kigira ibyiza byacyo niyo mpamvu muri iyi

Uko wakivura indwara y’umujagararo

Nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza abantu benshi bahanganye n’amaganya,30% by’abantu bakuru bose bo muri Amerika, bazakubwira ko gushaka inzira nziza zo kurangaza ibitekerezo byawe bitoroshye. Ibimenyetso

Inyamaswa zihaka igihe kirekire

Ijambo guhaka rikoreshwa ku bisimba binini by’ibinyamabere nk’inka, gusa ku muntu harimo umwihariko, hakoreshwa ijambo gutwita. Hano ku umunsi.com twabakoreye urutonde rw’inyamaswa zihaka igihe
Go toTop