Uburyo bwo gutangaza amakuru kuri Facebook bugiye guhagarikwa

31/03/2024 19:27

Campany ya Meta yatangaje ko igiye guhagarika uburyo bwo gusakaza amakuru anyuze ku rubuga rwa Facebook mu kwirinda ko yatangaza amakuru atariyo cyangwa ikaba yagwa mu mutego wo gushyigikira Politike ipfuye.

Muri 2019 Facebook yashyizeho uburyo bwo gutangaza inkuru bwiswe ‘Facebook News’ bwakoreshwaga n’ibitangazamakuru mpuzamahanga bitandukanye.Mta yatangaje ko ubu buryo bugiye guhagarikwa muri Leta Zunze ubumwe za Amerika no muri Australi ank’uko bwamaze guhagarikwa mu Bufaransa no mu Budage muri 2023.

Meta ivuga ko ibigo cyangwa ibitangazamakuru zajya bitangazamakuru yabyo binyuze kumbuga zabyo bwite kugira ngo ababikurikira bakomeze kubona amakuru yabyo [Link].Izi mpinduka zikozwe mu gihe Facebook imaze iminsi ishinjwa gukwirakwiza amakuru atariyo no kwivanga muri Politike.

Photo/Google

Isoko: Al Jazeera

Advertising

Previous Story

Muhazi United yaguye miswi na APR FC

Next Story

Jose Chameleon yavuze ko mu gitaramo cye hazinjira uwishyuye mu madorali gusa

Latest from Ikoranabuhanga

Menya Icyateye ibura rya interineti

Ku cyumweru , tariki ya 12 Gicurasi, ikibazo gikomeye cya interineti cyibasiye uduce tumwe na tumwe two muri  Afurika y`iburasirazuba no mu Majyepfo, aho
Go toTop