Uburanga n’ikimero bya Angel Smith wari umuramyi ku ishuri yarangiza amashuri agatangira kwambara utujipo duto akitera n’ibirungo

25/09/2023 17:10

Umukobwa wo muri Nigera waririmbaga muri Korali yo ku ishuri akaza gusoza amasomo ye, yatangaje benshi nyuma yo kumenya ko yakuze agahinduka.

 

 

Mu mwaka wa 2016 , Angel Smith yari mu mashuri yisumbuye ho yari umuririmbyi mur Korali y’ikigo, gusa kugeza ubu uyu mukobwa  ni umwe mu banyamakuru akaba umunyamideri ukomeye muri Nigeria.Benshi bemeza ko yakoze amakosa yo guhinduka akava mu bwizerwa akagana imirimo ituma abasha kwambara utwambaro tugufi ngo nubwo ari amakosa benshi bagwamo kubera ubushobozi.

 

 

Mu mashusho yagiye hanze kuri uyu wa Mbere tariki 25 Nzeri 2023, abari bamuzi bavuze ko yatatiye cyane , abamuzi nk’icyamamare si ukuvuga karahava.Uyu mwari niwe wayoboraga bagenzi be ku ishuri mu gihe cyo kuririmba ndetse no gusenga.

 

 

Bamwe bati:’Kiriya gihe yari akiri umwana ariko ubu yarakuze bamureke”.Mu ijambo ry’Imana handitsemo amagambo abuza abantu gufata bagenzi babo bakabacira imanza nk’uko byagendekeye bamwe mu babonye aya mashusho yanyujijwe kuri TikTok y’uwitwa Kafu Official.

@kafuiofficially

 

Advertising

Previous Story

Igitaramo cyahiye ! The Ben yongeye guhamagarira Abarundi kwibuka ko afitanye nabo iminsi 2 yo gutaramana nabo

Next Story

Mungire Inama : Nkundana n’abakobwa 6 icyarimwe bose barankunda nabuze uwo mpitamo nkakorana nawe ubukwe kandi mfite urukundo pe

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop