“Twaryamanye rimwe gusa rero sinjye waguteye inda” ! Umusore yahakanye aratsemba avuga ko atateye inda umukobwa wayimushinjaga

by
25/07/2023 22:04

Umusore yagaragaye ahakana inda y’umukobwa warimo amushinja kuyimutera gusa umusore akavuga ko baryamanye incuro imwe gusa bityo muri iyo ncuro imwe atigeze amutera inda.

N’ubwo amazina y’uyu musore atigeze ashyirwa ahagaraga nk’uko byagaragaye mu mashuri yakwirakwiye kuri Tik Tok, uyu musore yavugaga ashize amanga ko atigeze atera uyu mukobwa ndetse abivuga arimo kurira bigaragara ko uko yahakanaga yari abikuye kumutima.

Uyu mukobwa yamusabaga kwirengera inda atwite ndetse agaragara amufasha ipantaro yanze kumurekura.Benshi mubarebye aya mashusho basabiye uyu musore kurenganurwa.

Akuwe yagize ati:” Ese kubera iki iteka havugwa ko ari abasore babikoze.Uyu musore yagize ati:” Iyi nda si iyanjye rwose, Twaryamanye rimwe gusa rero sinjye waguteye inda”

Arvin

Ni umwanditsi wa Umunsi.com

Advertising

Previous Story

Ese ingano y’iminwa y’umugore ishushanya ingano y’igitsina afite ?

Next Story

Harimo n’abarimu ! Dore urutonde rw’imirimo ishobora gutuma abayikora baca inyuma abo bashakanye mu buryo bworoshye mu gihe batabaye maso

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop