Taylor Swift yongeye guca agahigo ashimira buri wese

30/11/2023 12:04

Umuhanzikazi Taylor Swift yongeye guca agahigo ko kuba umuhanzi wa Mbere ufite indirimbo zacuranzwe cyane ku Isi.Izi ndirimbo ze zacuranzwe kumbuga zirimo; Apple Music , Spotify, Deezer.

Uyu muhanzikazi uririmba injyana ya Pop yaciye aka gahigo muri uyu mwaka wa 2023 biturutse ku bitaramo bizenguruka Isi arimo gukora ndetse no kwamamaza ibikorwa bye.

Ku rubuga rwa Apple Music, yabaye umuhanzi w’ibihe byose ufite abantu benshi bumvise indirimbo ze umwaka wose.

Anyuze ku rubuga rwe rwa Instagram yashimiye abantu bakomeje kumva indirimbo ze , avuga ko ari akazi katoroshye bakoze , anashimira Spotify yamugize ‘Global Top Artist mu 2023.

Yagize ati:”Ibi ntibisanzwe, ndashaka kubashimira kuba mwarangize Global Top Artist kuri Spotify. Uyu mwaka twagize abafana benshi kandi ndashimira buri umwe wese”.

Advertising

Previous Story

Umutima ugira uzawuhorane! Umugore wahaye ibyo kurya umugore ufite ubumuga bwo mu mutwe akomeje gushimwa cyane

Next Story

Nta mpeta yambikanye ! Diamond Platnumz ari gukorera amafaranga muri Young Famous African Reality Show abandi bakabyita urukundo

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop