Sudi yahembye umukobwa we imodoka n’inzu by’agatangaza

05/01/2024 07:23

Oscar Sudi usanzwe ari umwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ya Tanzania, yahembye umwana we warangije amashuri muri Kaminuza.

Faith Chemuta umwana w’imfura wa Oscar yakiriye imodoka nziza , n’inzu nk’igihembo cy’uko yarangije amashuri ye.Faith yasoje amasomo ye muri Kent University mu Bwongereza.

Uyu mu byeyi , yavuze ko atewe ishema nuko umwana we yitaye ku masomo akabanza akarangiza aho gutekereza ku rukundo no gushaka.

Yagize ati:” Naramubwiye nk’umukobwa wanjye wa Mbere , nti naramuka yize neza, akarangiza , akanyumvira nzamuhemba bishimishije.Kubera ko uri gukora cyane , ukaba ufite akazi, ukaba waranyubashye, nuza kumbwira ko wabonye umukunzi nzabyubaha”.

 

“Naramubwiye ngo nzamuha imfunguzo z’inzu ye bwite.Namusezeranyije intariro nziza z’ubuzima bwe.Ubu rero naguhaye imodoka, ndaza no kuguha inzu , ubu watangira ubuzima bwawe n’inzira zawe”.

Uyu mugabo yakomeje avuga ko atewe ishema n’uko umwana we w’imfura arangije amashuri muri ‘Finance Management’.Yavuze ko kandi yamuzigamiye akazi agiye kuba ari gukoraho.

Advertising

Previous Story

Ni we muhanzikazi wakoze igitaramo cya gospel bwa Mbere mu Rwanda” Tonzi yamurikiye abanyamakuru Album yise “Respect” Ateguza igitaramo cy’Imbaturamugabo!

Next Story

Abavandimwe ba nyakwigendera Zahara bakomeje kumushinyagurira

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop