Rihanna yavuze ko yifuza umwana w’umukobwa

20/12/2023 09:04

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru (E!News) , Rihanna wabyaranye abana babiri ; RZA ba Riot na A$AP Rocky , yemeje ko afite gahunda yo kubyara undi mwana wa Gatatu w’umukobwa.

Rihanna afite umwana w’amezi 19 RZA arinayo mfura ye n’uw’amezi 3 aherutse kwibaruka.

Yagaragaje ko ibyo yifuzaga byose yabigezeho cyakora yemeza ko abura kimwe cyo kugira umwana w’umukobwa.

Rihanna yavuze ko ari inzozi zo kurera abana neza abaha ibyishimo n’ibindi bifuza nk’umubyeyi arimo kubigeraho.

Advertising

Previous Story

Zari Hassan yikomye itangazamkuru

Next Story

Igitsina gabo: Dore uburyo wakoresha ukongera ingano y’igitsina cyawe bitakugoye

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop