Advertising

Igitsina gabo: Dore uburyo wakoresha ukongera ingano y’igitsina cyawe bitakugoye

20/12/2023 10:10

Abagabo benshi bahura n’icyo kibazo ku buryo biba bigoye ko bumva uburyo bafite igitsina gito.Muri iyi nkuru turarebera hamwe uburyo bwafasha abagabo bamwe kongera ingano y’igitsina cyabo.

 

Muri urwo rugamba rwo gushaka kongera ingano y’igitsina cyabo , abagabo benshi biyahura mu miti itandukanye imwe ikaba yabangiriza n’ubuzima batabizi.

 

Muri uko kuyiyahuramo nibwo usanga bakuramo ibitandukanye n’ibyo bibwira ko bakeneye cyangwa ko bashaka.Ese ni iki wakora mu buryo busanzwe udakeneye iyo miti.Iyi nkuru uyisangize bagenzi bawe nugira ikibazo uce kuri Email yacu Info@Umunsi.com,

 

DORE UBURYO WAKORESHA.

1.Oga amazi y’akazuyaze.

Koga amazi y’akazuyaze bishobora kugufasha kugira ubuzima bwiza bukaba bwagera no mu gitsina cyawe.Abahanga bavuga ko amazi ashyushye afasha mu gutembera neza kw’amaraso mu mubiri bityo akagera no mu gitsina cyawe, imitsi igakora neza.Uku gutembera kw’amaraso yawe bituma igitsina cyawe gikura gake gake.

 

2.Rya imboga nyinshi n’imbuto nyinshi.

Kugira ngo umugabo agire igitsina yifuza mu bunini, agirwa inama yo kurya imbuto nyinshi n’imbuga ariko akibanda cyane kubikungahaye ku ntungamubiri na Antioxidants.

 

Ibi biri mu bifasha umubiri wawe kurwanya ibizwi nka ‘Radicals’ zica umubiri wawe binyuze mu miyoboro y’amaraso.Iyo uriye amafunguro arimo Antioxidants bituma n’imiyoboro y’amaraso yawe ikomera ikarushaho gukora neza.

 

3.Wite ku myitozo ngorora mubiri.

Ni ingenzi cyane gukora siporo kuko ifasha umubiri wawe gukomera no gukora neza cyane.

 

Nk’umugabo rero cyangwa umusore ushaka igitsina kinini cyangwa ko gikura , ita cyane kumyitozo ngorora mubiri ya buri munsi kuko bizagufasha kugira ubuzima bwiza.

Ikinyamakuru cyitwa Pharmeasy.com, kivuga ko ubundi buryo bwo kugira igitsina cyawe kinini harimo ubwitwa ; Streching’, iki ni igikorwa ushobora gukoresha ibiganza byawe cyangwa ugakoresha udukoresho twabugenewe.Ubu  buryo kandi ngo bufasha abagabo bafite ikibazo cyo kudashyukwa neza.

 

Previous Story

Rihanna yavuze ko yifuza umwana w’umukobwa

Next Story

Harmonize n’umukobwa we bahuje urugwiro barasohokana

Latest from Ubuzima

Ibyiza byo koga amazi akonje

Hari abantu bamwe bakunda koga amazi akonje, abandi bakabitinya, bagahitamo kaga ashyushye. Nyamara burya buri kintu cyose kigira ibyiza byacyo niyo mpamvu muri iyi

Uko wakivura indwara y’umujagararo

Nk’uko ubushakashatsi bubigaragaza abantu benshi bahanganye n’amaganya,30% by’abantu bakuru bose bo muri Amerika, bazakubwira ko gushaka inzira nziza zo kurangaza ibitekerezo byawe bitoroshye. Ibimenyetso

Inyamaswa zihaka igihe kirekire

Ijambo guhaka rikoreshwa ku bisimba binini by’ibinyamabere nk’inka, gusa ku muntu harimo umwihariko, hakoreshwa ijambo gutwita. Hano ku umunsi.com twabakoreye urutonde rw’inyamaswa zihaka igihe
Go toTop