Oda Paccy yahawe abafana be ubutumwa bukomeye

09/01/2024 09:36

Umuhanzikazi Oda Paccy anyuze kumbuga nkoranyambaga ze, yagaragaje ubutumwa yahawe n’uwo yise umuvandimwe gusa abivuga agamije kwigisha rubanda.

 

Oda Paccy yagize ati:” Naganiriye n’umuvandimwe , arambwira ati hari ubwo ubuzima bugushuka ko bizagenda neza nawe ukadamarara koko , ukibagirwa uwo uriwe n’umwanya wawe , agaciro kawe , uko ufata abandi n’uko ufatwa n’abandi.

 

Nuko arambwira ati burya iteka niwibagirwa uwo uriwe uzatakara ! kandi ikosa rya mbere ni ukwibura ! Ese ingamba zawe ni izihe ? Ngayo nguko
. Muragahorana Imana n’amafaranga mwa mfura mwe ❤️”.

Nyuma yo gutanga ubu butumwa, benshi bamushimiye kubwo kubatekereza ho, bahuza nawe ko kubaho ari umwimenya.Uwiyise Ha In Ro yagize ati:”Urakoze cyaneeee Oda Paccy nawe ibyo utwifurije biguhame kandi urakoze ku magambo meza”

Indirimbo nshya Oda Paccy afite kuri ubu yitwa Ngicyo.

REBA HANO UBUTUMWA VWA ODA PACCY KURI X [ Former Twitter ].

Advertising

Previous Story

Tamale yatangaje ko yifuza gutereta Zari Hassan akamwambura umugabo we

Next Story

Ese APR FC irikura imbere ya Mlandege FC

Latest from Imyidagaduro

Go toTop