Nyuma yo kumenya ko agiye gusubizwa mu nkiko, Titi Brown yatangaje amagambo akomeye yateye benshi agahinda

13/12/2023 13:31

Nyuma yo kumenya ko agiye gusubizwa mu nkiko Titi Brown yongeye gutangaza amagambo akomeye yateye benshi agahinda.

 

Umubyinnyi kabuhariwe wabigize umwuga Thierry Ishimwe wamamaye nka Titi Brown yongeye kugaragaza agahinda atewe no kuba ibye byongeye gusubira I rudubi akaba agiye kongera gusubira imbere y’inkiko.

Ibi bibaye nyuma y’ukwezi kumwe gusa amaze afunguwe aho ubushinjacyaha bwafashe umwanzuro wo kujurira icyemezo cy’ubucamanza.

Mu magambo uyu musore yanyujije ku mbugankoranyambaga ru rukuta twe rwa Instagram yagize ati” Mana yo mu ijuru ndagusabye ukomeze kumpa Umutima ukomeye muri bino bihe bikomeye ndi gucamo.”

Aya magambo ashimangira ko uyu mubyinnyi Atari yakira ko agiye gusubizwa mu nkiko dore ko yahuye n’ihungabana rikomeye ryo gufungwa imyaka igera kuri 2 nta rukiko n’arumwe rumukatiye.

Source: Igihe

Advertising

Previous Story

Babishatse bakorera amafaranga ! Umukoro ufitwe n’abahanzi b’i Rubavu muri 2024

Next Story

Byari amarira n’agahinda ! Nyakwigendera Zahara yararize cyane ubwo yari mu gitaramo cye cyanyuma

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop