Nyuma yo gushora arenga Miliyoni 20 kugira ngo ase n’imbwa ze yagize ibyago aho kumukunda ziramwanga

03/10/2023 12:12

Uyu mugabo witwa Togo yatangaje isi cyane aho yashoye amafaranga atabarika mu kugira ngo agaragara nk’imbwa, cyane ko iterambere nikorana buhanga ntacyo ritakora , uyu mugabo yabigezeho.

 

Ubusanzwe uyu mugabo bivugwa ko ajya kwigira nk’imbwa, yakuze akunda imbwa akumvako gusa cyangwa kugaragara nkazo bishobora gutuma abana nazo akazegera mbese bakaba inshuti.

 

Ibyo byatumye uyu mugabo ashora arenga Miliyoni 20 mu kugira bamukoreho ryake ase nk’imbwa.Ntibyatinze uyu mugabo yaremeye akora iyo bwabaga ashaka amafaranga menshi mu kugira akorerwe ndetse ase nk’imbwa.

 

Ushobora kubyumva ukagira bamuremye bushya ahubwo ahubwo akorerwa umwambaro yambara agasa nk’imbwa. Mu mezi ashize nibwo uyu mugabo yaje gushyira ifoto ku karubanda agaragara nk’imbwa ndetse ntaho ataniye nk’imbwa isanzwe.

 

Uyu mugabo yashize hanze iyi foto agaragara nk’imbwa agenda mu mihanda ya Tokyo ndetse ayo mashusho atuma yamamara cyane, bimugira icyamamare hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga.

 

Mu minsi micye ishize rero uyu musore yiyemeje kujya mu gakungu kimbwa ngo arebe ko zimwakira ariko ziramwanga ziramuhunga.Akaba ari mu gahinda Kenshi gakabije kuko yanzwe n’imbwa Kandi nawe yasaga nk’imbwa.

 

Hirya no hino ku mbugankoranyambaga abantu benshi bakomeje kwibaza icyo uyu musore gukundwa n’imbwa bizamunanira bikamucanga.

 

Source: News Hub Creator

Advertising

Previous Story

Umuhanzi Theo Bosebabireba yavuze uburyo yarwaye SIDA amezi 3 akayamara arara amajoro adasinzira

Next Story

“Njye nabonaga asa n’ufite abadayimoni” ! Ikiganiro n’Uwigishije Kazungu mu myaka 20 ishize wemeza ko yabonaga asa n’ufite ibibazo byo mu mutwe

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop