Ntibakadusuzugure ! Umuzungu yari akubiswe ubwo yafataga esanse agashaka kugenda atishyuye

25/12/2023 09:08

Inkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga ni inkuru y’uyu muzungu wagiye gufata esanse kuri sitasiyo ariko agashaka kugenda atishyuye, icyakora yari ahaboneye ishyano kuko yendaga gukubitwa izakabwana.

 

 

Mu mashusho akomeje gusakara hirya no hino ku mbugankoranyambaga, mu mashusho uyu muzungu yagaragaye ari guserera n’umugabo usanzwe akora kuri iyo sitasiyo ndetse bivugwa ko uyu muzungu yari ashatse kugenda atishyuye amafaranga Kandi yafashe esanse.

 

 

Uyu muzungu kazi yagiye gufata esanse kuri sitasiyo nkibisanzwe ariko ashaka kugenda atishyuye, umusore usanzwe akora kuri iyo sitasiyo niwe wamuhagaritse maze atangira kumusunika amwaka amafaranga y’ibyo yari atwaye.

 

 

Ubusanzwe ngo bijya bibaho ko abantu batwara esanse ntibishyure ndetse ngo birangira amafaranga akaswe abo bakora kuri sitasiyo, uwo mugabo rero kuko abizi ko ariwe ubihombero, yahisemo guhita ahagarika uyu muzungu kugira ngo amwishyure amafaranga.

 

 

Icyakora kubera uyu mugabo yahagaritse uyu muzungu byarangiye amwishyure amafaranga ndetse uyu mugabo yendaga gukubita uyu muzungu kugira ngo arebe ko yakishyura ayo mafaranga.

 

Abakoresha imbugankoranyama bakomeje kuvuga ko burya Ari agasuzugure rero ko nta gasuzuguro bashyigikiye, ndetse ngo iyo akubutwa.

 

 

 

Source: TUKO

Advertising

Previous Story

Umupadiri yapfuye ubwo yari aryamanye n’umukobwa muri Lodge azira gukoresha imiti yongera akanyabugabo myinshi

Next Story

Ni amarozi ! Umugabo yagaragaye yahuje urugwiro n’Intare

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop