Ntamuco urimo ! Umubyeyi yababajwe n’ifoto umuhubgu we yashyize hanze umukobwa w’ikimero amwicayeho

04/10/2023 11:10

Umusore yabyutse ashyira ifoto kuri Whatsapp ye, iyo foto yashyize hanze yatumye umubyeyi we ababara ndetse amubaza icyabimuteye, abimubaza mu gahinda Kenshi.

 

 

 

Ifoto uyu musore yashyize hanze, yari ifoto aho yari yicaye noneho umukobwa wikibero kiza amwicayeho ubonako ari ibintu bari bapanze kwifotoza. Umusore nawe areba agafoto abona ni keza maze Niko kugasangiza inshuti n’umuryango kuri status ya Whatsapp.

 

 

 

Nyina umubyara ubwo yakubitaga amaso kubyo umuhungu we yari ashyize hanze, yakubiswe n’inkuba, maze mu burakari buvanze nagahinda Niko kubaza umuhungu we ati”Yesu Kirisitu, uwo ni nde!?” Umubyeyi yashakaga kumenya ninde wifata akicara ku bibere by’umuhungu we.

 

 

 

 

Umusore akimara kubona ibyo nyina umubyara amwandikiye, nawe yihutiye kwiregura ndetse atanga ibisobanuro byinshi ku mubyeyi umubyara cyane ko mu kinyarwanda bavuga ngo akabura ntikaboneke ni nyina w’umuntu.

 

 

 

Muri iyi minsi abantu benshi dukunda ikoranabunga, iterambere aho twumva ko ibyo tubonye byose tugomba kubishyura my mbugankoranyambaga ariko burya sibyo cyane ko dukwiye gucunga no gutecyereza kabiri mbere yo kugira icyo gushyira hanze ku mbugankoranyambaga.

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Source: TUKO

Advertising

Previous Story

Dore ibyago biterwa no kutambara ikariso ku bakobwa

Next Story

Umwana w’imyaka 16 ari gutakambira Bet ngo imusubize amafaranga ya bettinze bakayarya avug ko yari amafaranga y’ishuri

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop