“Nta mukobwa numwe unyizera kubera ko ndi umusore mwiza” ! Umusore yemeje ko uburanga bwe butuma uwo agerageje gukunda atekereza arikumubeshya bagatana

04/10/2023 19:55

Umusore wo muri Nigeria yemeje ko abakobwa bose agerageje gukundana nabo bamutera icyizere kubera uburanga avuga ko afite.

 

Abinyujije mu mashusho yashyize hanze arimo kurira , uyu musore yemeje ko mu by’ukuri, atajya agira uwo bakundana kabiri nyamara akemeza ko abiterwa nuko urukundo rwe banga kurwakira.

 

Mu magambo yarengejeho hasi y’amashusho, yavuze ko urukundo rwose agerageje kwinjiramo rurangira nabi kuko iyo abwiye umukobwa ko amukunda , umukobwa nawe nawe yanga kubyemera.

 

Ati:” Urongera ubaye ‘Single’ nanone kubera ko uri mwiza ? ntabwo mu rukundo bakwizera”.Mu nagerageje ku mwihanganisha, bamubwiye ko adakwiriye kurira.

 

Advertising

Previous Story

Ubu nsigaye nitetesha ngasinzira nk’umwana ! Butera Knowless na Yverry bashyize hanze amashusho y’indirimbo bise ngo ‘Njyenyine’ – VIDEO

Next Story

Ese kuki The Ben akunda gusuka amarira ! Ibitaravuzwe ku iyibwa rya Telefone ya The Ben ndetse n’ibyihishe inyuma y’amarira yagaragarije mu Burundi

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop