Noopja umuyobozi wa Country record yemereye gukorera umunyempano Ange indirimbo mu buryo bw’amajwi

31/03/2024 12:50

Kuri icyi cyumweru Nduwimana Jean Paul uzwi nka Noopja yemereye umwana w’umukobwa ugabwe akora umwuga wo kurinda umutekano mu bigo bitandukanye ibizwi nk’igisekirite witwa Ange yemerewe gukorerwa indirimbo muri iyi nzu izwi cyane mu Rwanda ikora indirimbo country record.

Ni nyuma y’uruhererekane rwa videwo yacicikanye hırya no hino ku mbugankoranyambaga igaragaza uyu mukobwa aririmba kandi avuga ko abikunda cyane akabifatanya n’akazi asanzwe akora bitewe n’impano abantu benshi bamubonyeho mu kuririmba indirimbo ya Adele yitwa Hello bifashishije iyi nzu ikomeye mu gutunganya umuziki country record banashingiye ko ifite umu producer ukomeye Prince Kiiz,Kooze n’abandi bituma basaba ko yafashwa nibura akaba yakorerwa indirimbo, bidatinze uyu muyobozi wa country record ndetse Uzi kuzamura no gufasha abahanzi batandukanye Yavuze ko isaha ku isaha azabonera umwanya yazaza kuri studio agakorerwa nibura indirimbo imwe mu majwi hakarebwa ko impano ye imeze neza.

Umunsi ku munsi mu Rwanda hagenda hagaragara impano zidasanzwe zo kuririmba bamwe na bamwe bazifite bakabura ubushobozi bwo kuzigaragaza bitewe n’amikoro cyangwa ibindi ariko iyo habonetse ubufasha barafashwa.

 

Lyvine Rwanda

His name is Livine Nsanzumuhira Ntambara known as Lyvine Rwanda,Studied Mass communication and Journalism at EAST AFRICAN UNIVERSITY,he works journalism as passion and professional

Advertising

Previous Story

Alliah Cool yitanze arenga Miliyoni yo gufasha abana ba Jay Polly mu masomo

Next Story

Ese kuba Bruce Melodie ataritabiriye igitaramo cya Platini P ni urwango ?

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop