“Nkwifurije kuramba ukazabona abuzukuru” ! Teta Sandra wavuzweho gukubitwa n’umugabo we yamutomagije acecekesha abavuga nabi umugabo we

13/06/2023 14:26

Teta Sandra wabaye igisonga cya SFB mu mwaka wa 2011 akaza kuvugwaho gukubitwa n’umugabo we , yarenzeho amwifuriza isabukuru y’amavuko amwifuriza kuzagira abuzukuru.

 

Umunyarwandakazi, Teta Sandra washakanye n’umuhanzi wamamaye muri muzika ya Uganda Weasel yamwifurije isabukuru y’amavuko, Weasel na Teta Sandra bakundanye kuva muri 2018 bakaza no kubana munzu ya GoodLife muri Uganda yamutomagije mu butumwa yanyujije kuri Konti ye ya Instagram.

 

Teta Sandra ari mu Rwanda.Teta Sandra yamamaye cyane ubwo yateguraga ibitaramo bizwi nka “All Ready Party”.Teta Sandra yagize ati:” Isabukuru nziza Papa Star ! Imana izakurinde iguhe ubuzima bwiza. Nkwifurije kuramba , uzabashe kubona abuzukuru.Isabukuru nziza Umwami”.

INYARWANDA

Advertising

Previous Story

“Umugore wanjye ni mwiza ndamukunda” ! Umusaza ufite imyaka 100 yishimiye imyaka 79 amaze abana n’umugore we yemeza ko amukunda cyane

Next Story

Umugore yagurishije telephone ye kugira ngo yishyurire nyina umubyara ibitaro nyuma y’uko umugabo we w’umukire yanze gufasha nyina

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop