Niwe wambwiye ko ashaka ko turyamana ! Umusore  yatawe muri yombi azira gusambanya umwana utujuje imyaka y’ubukure

21/12/2023 10:56

Inkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga ni inkuru y’uyu musore watawe muri yombi n’abashinzwe umutekano nyuma yo gusambanya umwanya w’umukobwa utuje imyaka y’ubukure nkuko inzego z’umutekano zi bitangaza.

Uyu musore witwa Simon Mutua Kitili usanzwe atuye mu mujyi wa Nairobi mu gihugu cya Kenya, yisanze yatawe muri yombi n’abashinzwe umutekano azira ibyaha birimo guhohotera no gukoresha imibonano mpuzabitsina umwana w’umukobwa utuje imyaka y’ubukure.

 

Byose ngo byatangiye ubwo uyu mukobwa utujuje imyaka y’ubukure yaburiye irengero kuva taliki 15 ukuboza 2023, ubwo nyina umubyara yamuburaga byabaye ngombwa ko yitabaza inzego z’umutekano kugira ngo zimufashe gushakisha umwana we wari wabuze.

 

Ubwo umwana yabonekaga Ari guhatwa ibibazo n’abashinzwe umutekano, nibwo yavuze ko yaryamanye n’uyu musore Simon Mutua Kitili ndetse ibyo uyu mukobwa yavuze byemejwe n’abaganga ubwo bajyaga kumupima ngo barebe Niba koko yaba yokoreshejwe imibonano mpuzabitsina nkuko yabivuze.

Icyakora uyu musore we mukwiregura yavuze ko uyu mukobwa ariwe wamusabye ko bakora imibonano mpuzabitsina ndetse ko uyu mwana w’umukobwa yamubwiye ko ibintu byo kuryamana n’abantu bakuru asanzwe abikora Kandi abizobereyemo.

 

Iperereza ry’imbitse rirakomeje ndetse barebera hamwe uko bazaburana iki kirengo arinako uyu musore nawe yitegura ku byaha aregwa nubwo we avuga ko arengana ahubwo uwo mwana w’umukobwa ariwe wamuhatirije ngo baryamane.

Source: muranganewspaper.co.ke

Advertising

Previous Story

Kenya : Padiri yemeje ko Papa atigeze aha umugisha abatinganyi ngo bashyingirirwe muri Kiliziya Gatulika

Next Story

Nashoye Million 1 n’igice ngo ndebe ko naba inzobe ariko byaranze, umugore yavuze uburyo yitukuje bikanga

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop