Nigeria : Umusore w’umunyeshyuri yatawe muri yombi nyuma yo gutera inda abakobwa 4 baba police

13/12/2023 12:18

Nk’uko bikomeje gutangazwa mu binyamakuru bikirera mu gihugu cya Nigeria, biravugwa ko Umusore w’umunyeshyuri yatawe muri yombi n’abashinzwe umutekano nyuma yo gutera inda abakobwa 4 baba police bo muri Amerika aho ari kuri ubu.

 

Uyu musore witwa Jamil Ezebuike ubusanzwe yagiye gutura muri iki gihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera amasomo aho yiga muriLeta ya New Jersey.

 

Kuri ubu uyu musore yatawe muri yombi n’abashinzwe umutekano nyuma yo gutera inda abakobwa 4 Bose bari aba ofisiye ba police ndetse ngo uyu musore bose yabikoze nta numwe ubicyetse cyangwa ngo acyeke undi, icyakora ngo buri umwe yisangaga mu rukundo n’uyu musore.

Nyuma yuko umwe muri abo bakobwa atangiye gucyeka uyu musore byatumye amakuru ye yose ajya hanze. Niko gutabwa muri yombi n’abashinzwe umutekano ashinjwa gutera inda abakobwa 4 baba police ndetse kuri ubu akaba Ari mu maboko y’abashinzwe umutekano.

 

Abantu benshi bakomeje kwibaza icyateye uyu musore guteretana n’abakobwa 4 noneho baba police kugera aho abatera inda.Ikindi abantu bakibaza ni ku ifungwa rye.

Bikomeje gutangaza benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga.

Source: Ghpage.com

Advertising

Previous Story

Yahaye abakobwa inama ! Boss wanjye wari Pasiteri ubwo umugore we yajyaga ku kazi, twahitaga turyamana akanyishyura amafaranga ngo simbivuge 

Next Story

Babishatse bakorera amafaranga ! Umukoro ufitwe n’abahanzi b’i Rubavu muri 2024

Latest from HANZE

Go toTop