Nigeria: Umugore yasigaranye umwana nyuma y’uko atewe inda n’umu chinwa akamuta atamufashije kurera umwana

23/09/2023 19:52

Umugore wo mu gihugu cya Nigeria watewe inda numu chinwa akomeje kurira ayo kwarika nyuma yuko atewe inda umugabo akamusiga nta nindezo amusigiye izamufasha kurera umwana.

 

 

Mu mashusho akomeje kuvugisha abatari bacye hirya no hino ku mbugankoranyambaga aho uyu mugore yagaragayemo ateruye umwana yibarutse usa nez neza nk’umuchinwa.Biravugwa ko uyu mugabo wo mu gihugu cya China yaje mu gihugu cya Nigeria kuhakorera. Ubwo yahageraga yatangiye kugirana umubano wihariye n’uyu mugore wo muri Nigeria. Uko bakomeje gukururana byaje kurangira uyu mugore atewe inda.

 

 

 

Ubwo uyu mugore yageraga mu gihe cyo kubyara uyu mugore yagiye ku ivuriro maze yibaruka umwana usa neza neza nk’umuchinwa, mbese yaje asa na se cyane ko umugabo w’umuchinwa ariwe wateye uyu mugore inda.

 

 

 

Ubwo uyu mugabo yamenyaga ko umugore yateye inda yibarutse, yahisemo kubasiga Bose umugore n’umwana ahitamo kwisubirira mu bu chinwa aho avuka. Ibyo nibyo byatumye uyu mugore asigara amara masa cyane ko umugabo yamusize ntacyo afite kizamufasha kurera umwana.

 

 

Ayo mashusho yuyu mugore ateruye uyu mwana akomeje kuvugisha benshi ndetse benshi bakomeje kumugirira impuhwe.

 

 

 

 

 

Source: TUKO

Advertising

Previous Story

Sinakundana n’umukobwa udatunze amafaranga menshi ! Umusore yishongoye ku bakobwa bakennye

Next Story

Akunda Abanyarwandakazi ! Umuhanzi Harmonize na Umuhoza Laika baherutse kugaragara mu mashusho babyina bahamije urukundo rwabo bishushanyaho ibintu bimwe

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop