Nigeria : Pasiteri yakoze igitangaza azura umuntu wari wazanwe mu isanduku yapfuye

01/10/2023 14:15

Umukuru w’Itorero muri Nigeria, yazuye umuntu wapfuye.Uyu mukuru w’Itorero yakoreye ibi bitangaza ahitwa Portharcourt, muri Nigeria.

 

 

Pasiterti witwa Fabian Nna umukuru w’Itorero ryitwa Liberation  Interdenominational Ministries riherereye ahitwa Port Harcourt, yavuzweho kuzura umurambo w’umugabo wari wapfuye .Umwe mu banyamakuru bakomeye muri Nigeria, witwa Daddy Freeze we hamwe n’abandi bagize icyo bavuga kuri uyu mu pasiteri wavuzweho aya makuru yo kuzura umukirisito wari wapfuye.

 

 

Uyu mugabo agaragazwa n’amafoto arimo kuzura umuntu akamukura mumva.Uyu munyamakuru hamwe n’abandi bantu yagize ati:”Dufashe uzure na Mohbad wokabyara we”.

 

 

Amakuru avuga ko uyu mugabo wari wapfuye, yavuye mumva kubera amasengesho yarimo gusengwa n’uyu mukuru w’Itorero ryitwa Liberation  Interdenominational Ministries ryo muri Nigeria.

 

Advertising

Previous Story

Umugore yishe abana be babiri abahoye ko bamubuzaga kugurisha ibikoresho byo munzu bya Se ubabyara

Next Story

The Ben yibwe Telefone ye ubwo yarari ku rubyiniro ! Uyu munsi yitezweho ibidasanzwe mu gitaramo nyirizina

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop