“Ni imashini mu buriri” ! Umukobwa wikimero yagiriwe inama nyuma yo gutaka umusaza bakundana ko amuryohereza mu buriri

05/10/2023 10:55

Inkuru yamamaye cyane mu gihugu cya Kenya ni inkuru y’uyu mukobwa witwa Manzi wa Kibera ukundana n’umusaza ushaje cyane ubona ko uyu Musaza abyaye uyu mukobwa ariko bakaba bakundana [Iyi nkuru yabo yaramamaye cyane].

 

 

 

Ubusanzwe uyu mukobwa Manzi wa Kibera aracyari muto cyane dore ko afite imyaka 26 gusa y’amavuko naho uyu Musaza bakundana we arashaje cyane dore ko afite imyaka 65. Gusa bimwe byiyi minsi ngo imyaka ntacyo ivuze abo bombi bari mu rukundo Kandi ubarebye ubona Ari umwana na se.

 

 

 

Mu minsi yashize uyu mukobwa yigeze kugaragara mu itangazamakuru avuga ko urukundo rwe n’uyu Musaza rwarangiye bivugwa ko yamwanze kuko uyu Musaza amafaranga yari yamushiranye, ubwo uyu Musaza yongeraga kubona amafaranga bongeye gusubira mu rukundo.

 

 

 

Nk’uko uyu Musaza yabivuze mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, yavuze ko yahoze nta mukunzi agira kuva muri 2007 ubwo umugore we yitabye Imana, kugeza ubwo yahuye na Manzi wa Kibera akamubera byose yari yarabuze, akamuha ibyishimo atahawe nundi mu buzima bwe.

 

 

 

Mu kiganiro bagiranye n’itangazamakuru, uyu mukobwa Manzi wa Kibera yavuze ko uyu Musaza nubwo akuze ariko atangazwa nubuganga bwe mu gutera akabariro, ngo nu imashini. Yongeyeho afite gahunda yo kubyarana n’uyu Musaza ungana cyangwa unaruta papa we umubyara.

 

 

 

Abantu benshi Bose bakomeje kumirwa bibaza ibyo iyi minsi izasiga.

 

 

 

 

Umwanditsi : Byukuri Dominique

 

 

 

 

Source: muranganewspaper.co.ke

Advertising

Previous Story

Diamond Platnumz yanze ubutumire bwa Zari Hassan ! Dutemberane mu bukwe bwari ibirori n’ibyishimo gusa

Next Story

Umu Pasiteri waryamanaga n’abayoboke be yarize ayo kwarika nyuma y’uko umugabo amutwaye umugore yakundaga

Latest from Inkuru z'urukundo

Go toTop