Ndimbati yaciye bugufi asengera indwara yitwa Samusure avuga ko kugira ngo umugabo asabe ubufasha atarwaye biba byakomeye

02/12/2023 13:56

Ndimbati wamamaye muri Cinema Nyarwanda yakoze ikiganiro kigaruka kundwara yitwa Samusure avuga kubantu bayirwaye arabasengera.

Muri iri sengesho rya Ndimbati, yatangiye asenga amasengesho yuzuye urwenya gusa agaragaza ko iyo ndwara aza gake gake , umuntu uyirwaye agatangira afata utudeni gake gake ngo nyuma akaza kwisanga byakomeye.

Yakomeje avuga ko indwara yitwa Samusure ituma ugeraho , ukavuga ko uturwara tumwe na tumwe ntwivaniyeho nyamara utatwishyuye.

Uyu mugabo yasabye abantu bose kujya birinda gufata amadeni make make kuko ngo ariyo ashobora gutuma umuntu ava mu gihugu akagenda.

Advertising

Previous Story

Umunyamideri Zari Hassan wabyaranye na Diamond Platnumz agiye gutaramira mu Rwanda

Next Story

Diamond Platnumz yatse isapo ye igisambo cyayimwibye kiyimukuye ku mutwe mukivunge cy’abantu

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop