Michelle Morgan reviews the homework of her 7 year old son Evan Drake. Drake attends the Math, Civics, and Sciences Charter School in Center City. Her younger son Robert Franklin 2, plays on the left. ( Jonathan Wilson / Staff Photographer ) SINGLEMOM30P A 106714 11/24/08 1844 S. 16th Street Philadelphia, PA. For Michelle Morgan is a single mother with two children, 2 and 7, who relates to Obama as an African American. He serves as a role model for her sons and proves they really can be anything.

NDASHAKA UMUKUNZI ! Ndi umugore mfite abana babiri bakuru umwe yiga muri Segonderi ariko natandukanye n’umugabo

11/11/2023 17:54

Inkuru yacu y’uyu munsi ni inkuru y’umugore watwandikiye atubwira ko ashaka umukunzi ushobora kumubera umugabo bidatinze kuko ashaka kubaka urugo rugakomera.Yaratwandikiye nk’uko tugiye kubagezaho ibaruya we.

 

Uyu mugore ushaka umugabo uri seriye , ushaka kubaka , utajarajara mu bagore kandi ufite icyo akora cyakomeza gutuma babaho.Mu magambo yaranditse ati:”Muraho neza, amazina yanjye ni [ M.P ] , nyahishe kubw’umutekano wanjye.Ndi hejuru y’imyaka 30 , ndashaka umukunzi twakubaka urugo rugakomera.Mu Byukuri njye natandukanye n’umugabo tumaze kubyarana abana 2 b’abakobwa.

 

Kugeza ubu umwana umwe dufitanye ari mu mashuri yisumbuye ariko ninjye ubasha kumwishyurira njyenyine.

Umugabo nshaka agomba kuba ashaka kubaka, ari mu Rwanda [ Kigali ] , cyangwa ahandi ariko atari kure y’aho.Akaba asenga, akaba yizera Imana, akaba atagira ingeso zo kujya mu bagore cyangwa mu bakobwa, akaba yiyubaha.Muri make ndashaka umugabo ufite icyo akora witeguye kubaka urugo rwe.

 

Urukundo ndarufite kandi mfite n’ibyo nkora umunsi ku munsi bimbeshaho n’umuryango wanjye.Mu kuri ndamutse mu bonye twaganira , tugahura kandi tukagirana igihe byiza, ubuzima bwo ku Isi tukazabumarana.

Abaye ari umusore ntakibazo byaba ari byiza . Murakoze”.

Uramutse uri uwo muntu yifuza , watwandikira kuri watsapp cyangwa ukanyura kuri Info@umunsi.com tukabasha kuvugana tukabahuza.

Advertising

Previous Story

Zambia ! Nyuma yo gukubita umugore we, umugabo yafashe kungufu nyirabukwe maze aramukomeretsa cyane

Next Story

Ese kubera iki abagore aribo bagaragara ko bashaje cyane kurusha abagabo ! Dore icyo inzobere zibivugaho

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop