“Muzaze muri benshi na ya ndirimbo ya champions league tuzayiririmba” igitaramo cya chorale de Kigali cyahumuye!

13/12/2023 11:49

Taliki 17.ukuboza 2023 ni umunsi wa mateka kubakunzi ba chorale de Kigali yarahiriye kuzanezeza abitabiriye igitaramo “Chrismas Colors” irimbanyije kwitegura.

Mu kiganiro cyahuje Chorale de Kigali n’abanyamakuru, bavuze ko uretse kuba iki gitaramo ari ngaruka mwaka, ngo abantu bitege udushya twinshi bazumva bakanabona uwo munsi kuko hari n’abashyitsi bakuru bashobora kuzatungurana bitabiriye uyu munsi w’imboneka rimwe.

Chorale de kigali babajwijwe niba hazaririmbwa indirimbo zisanzwe zimenyerewe mu bakunzi ba sport cyane cyane kongeramo iz’amakipe y’iwacu nka Rayon sport apr fc cyangwa gasogi United Fc, umuyobozi wa Chorale de Kigali de Kigali asubuza muri aya magambo ati”

Twakoresheje amatora ku ndirimbo abantu bifuza ko zitabura mu gitaramo, gusa ifite amajwi menshi kugeza ubu ni iya champions league (les meilleurs equipe) gusa abantu bazaze ari benshi kuko hazaririmbwa indirimbo nyinshi kandi zisanzwe zizwi”

Iki gitaramo kizaba kuri iki cyumweru taliki 17.12.2023 kibere muri BK arena. Amatike akaba akomejwe gucuruzwa kuri www.ticquet.rw .

Advertising

Previous Story

Kenya: Umugore yasohokanye umugabo we muri hoteli bagezeyo umugabo arangarira undi mugore bimuvuramo gukubitwa

Next Story

Yahaye abakobwa inama ! Boss wanjye wari Pasiteri ubwo umugore we yajyaga ku kazi, twahitaga turyamana akanyishyura amafaranga ngo simbivuge 

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop