Museveni yanyomoje akamuru avuga ko yapfuye agaragaza ko ari koroherwa

12/06/2023 18:21

Perezida Yoweli Kaguta Musevi yakebuye Ibinyamakuru birimo Monitor byandika inkuru zica intege gusa avuga ko arimuzima.

Tariki 11 Kamena 2023 , Museveni yagize ati:” Ubu hashize iminsi igera kuri 5 ndwaye CORONAVIRUS ariko kugeza ubu meze neza.Ndagirango mbamenyesheko ejo hashize naryamye neza aho nasinziye amasaha 10 yose mu ijoro.Kugeza ubu ntabwo umutwe urimo kundya.

Utubazo tumwe na tumwe nari nagize twararangiye.Kugeza ubu ndumva meze neza gake gake.Nubwo byari bimeze bityo , uyu munsi twongeye gufata ibipimo dusanga ndacyarwaye ariko mu minsi iri imbere turongera dupime turebe”.

Perezida Yoweli Kaguta Museveni yasabye abayobozi ba bimwe mu binyamakuru kugabanya kubeshya abaturage ahubwo bagashaka amakuru yanyayo.

Museveni yavuzwe ho uburwayi bwa Coronavirus nyuma gato y’uko yari amaze igihe asinye amategeko ahana abaryamana bahuje ibitsina muri iki gihugu abereye Perezida.

Advertising

Previous Story

Bakaraze amabuno karahava! Seburikoko n’abakinnyi bakina muri Papa Sava babyinnye karahava

Next Story

Rwanda: Pasiteri utoza umupira w’amaguru Ikipe ye yatwaye igikombe Bayihemba fanta

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop