Uwase Muyango Claudine ni umugore wabaye Miss uberwa n’amafoto mu mwaka wa 2019 mu irushanwa rya Miss Rwanda akomeje kugaragaza ubuhanga mu bushabitsi dore ko ategura ibitaramo bitandukanye.
Inkuru yacu y’uyu munsi kuri Muyango twaguteguriye amafoto ye y’ingenzi.
Miss Muyango umwe mubashabitsi Kigali ifite
Miss Muyango ntabwo atana no kwisekera
Yabaye Nyampinga urusha abandi kugaragara neza mu ifoto muri 2019
Mu ijoro rishyira kuri uyu wa 26 Nyakanga 2024 nibwo umuhanzi Diamond Platinumz yaraye ashyize hanze indirimbo ye Komasava yasubiranyemo na Jason Derulo, gusa
Umuhanzi Burna Boy wo muri Nigeria yatangaje ko agiye gukora igitaramo yise ‘African Giant Live Concert’ kizaba imbonankubone kuri YouTube ye aho abafana bazakirebera
Icyamamare muri Cinema  y’Isi James Bond wujuje imyaka 84 y’amavuko, yatangaje ko yagaritse umwuga wo gukina Filime ndetse no kugaragara mu ruhame no gukora
Byashoboka ko wakunze indirimbo yise ‘No Offense’ ariko nyuma y’aho ugategereza indi ukayibura. Uyu mukobwa ari mu nzira zimugarura muri muzika nyuma yo gusoza