Uwase Muyango Claudine ni umugore wabaye Miss uberwa n’amafoto mu mwaka wa 2019 mu irushanwa rya Miss Rwanda akomeje kugaragaza ubuhanga mu bushabitsi dore ko ategura ibitaramo bitandukanye.
Inkuru yacu y’uyu munsi kuri Muyango twaguteguriye amafoto ye y’ingenzi.
Miss Muyango umwe mubashabitsi Kigali ifite
Miss Muyango ntabwo atana no kwisekera
Yabaye Nyampinga urusha abandi kugaragara neza mu ifoto muri 2019