MU MAFOTO : Irebere ubukaka umuhanzikazi Zuchu yatambukanye mu gitaramo ‘Move Africa’ cyabereye muri Bk Arena

07/12/2023 06:53

Zuchu kimwe n’abandi bahanzi bataramanye n’abafana be mu ndirimbo ze zitandukanye zirimo ‘Sukari’.

 

Uyu muhanzikazi wari witwaje ababyinnyi ,yatangiye kuririmba ahereye ku ndirimbo Sukari, yamamaye cyane na hano mu Rwanda.Uyu muhanzikazi wagaragaje imbaraga nyinshi yari umwe mu bahanzi bakomeye batumiwe muri iki gitaramo hamwe na Kendrick Lamar.

photo: IGIHE

Advertising

Previous Story

Lupita Nyong’o yasubiye mu rukundo bwihishwa

Next Story

Angelina Jolie wamamaye muri Cinema yatangaje ko agiye kuzihagarika akajya kwita kubana be

Latest from Imyidagaduro

Go toTop