Mu gihugu cya Uganda, umugore ufite abana 6 yabyaye ihene nyuma yo gutwita inda amezi 11

08/12/2023 15:33

Umugorewo mu gihugu cya Uganda akomeje kuvugisha benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga ndetse banababazwa nawe nyuma Yuko agiye kubyara mu bitaro maze bikarangira yibarutse ihene.

Ubusanzwe uyu mugore afite abana 6 ndetse bo ni abana basanzwe bameze nk’abandi, ariko ubwo yari atwite cyane ko ngo yatwise ameze 11 Kandi ubusanzwe umuntu atwita amezi 9 n’ubwo hari n’abandi bibaho.

Uyu mugore agiye kubyara yabyaye ihene aho kubyara umuntu nkuko byari byitezwe.Icyo kintu cyabaye cyavugishije abantu benshi yewe n’abaganga ubwabo batunguwe, uyu mugore nawe avuga ko ibyo byamubayeho bigiye kumwangiriza ubuzima ndetse ko byangije urugo rwe burundu kuko ubu ngo atazi ko yakongera kumerana neza n’umuryango we.

Mbere y’uko abyara ihene, uyu mugore witwa Alphonsine yari yarabyaye abana 6, ndetse bose bavutse basanzwe bameze neza nta kibazo bafite, ariko ku nda ya 7 ibintu bitangaje byarabaye maze inda ayitwita amezi 11 Kandi ubusanzwe yari gutwita amezi 9.

Nyuma yayo mezi yose 11, uyu mugore yagiye kubyara, abyara ihene ikiri nzima ndetse igerageza guhaguruka no gutambuka mu minota irenga 30, ariko nyuma iza gupfa kuko ngo urebye ntiyamaze amasaha abiri ikiri nzima.

Ibyo byose bikimara kuba, inkuru yabaye kimomo ndetse ngo byatumye umugabo we amusigana n’abana be 6 ndetse amushinja kuba ashobora kuba yararyamanye n’ihene ikamutera inda. Ngo kuri ubu ubuzima bwe ndetse n’abana be biri mu kangaratete cyane.

Ubusanzwe ku Isi yose hakunze kumvikana ibisa n’ibitangaza nk’ibi byabaye kuri uyu mugore

Source: Radio Jambo

Advertising

Previous Story

Sobanukirwa neza akamaro ko guheke umwana ku mugore

Next Story

Imyidagaduro ! Abanya-kenya bakomeje gufuhira u Rwanda kubera Kendrick Lamar

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop