Mr Eazy yakeje ikipe ya Rayons Sports avuga ko ariyo ya mbere ku Isi [VIDEO]

22/10/2023 09:18

Umuhanzi wo muri Nigeria Mr Eazy yamamaje Rayons Sports avuga ko ariyo yamere ku Isi.

 

Uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo Leg  Over yavuze ko ikipe ya Rayons Sports ariyo ya Mbere mu Rwanda , ashimangira ko ntayindi kipe iyiruta.Ubwo yafataga ijambo amaze guhabwa igihembo muri ibi bitaramo.

 

Yagize ati:”Icya mbere nshaka kuvuga , Rayons Sports , niyo kipe ya Mbete ku Isi.Icyakabiri ndashaka gushimirab cyane Trace Awards”.

 

Uyu muhanzi yarebye umukino Rayons Sports yakinnyemo na Sunrise FC ikayitsinda.Uyu muhanzi kandi yashimiye Leta y’u Rwanda kubera uburyo yafatanyije na Trace Awards kugira ngo ibi bihembo bibeho.

https://www.instagram.com/p/CyrUn2XNXVx/

Advertising

Previous Story

Umugabo yasenye inzu ye nyuma yo kujya gupimisha DNA agasanga abana yareze ntanumwe we urimo

Next Story

MU MAFOTO: Byari ibicika muri Trace Awards bamwe baje bambaye ubusa

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop