“Mfite umukobwa dukundana nzamubereka igihe nikigera” ! Israel Mbonyi yavuze ko abakobwa bamwitirira atabazi asobanura ko igihe nikigera azerekana uwo yihebeye

03/06/2023 20:13

Hari ubwo benshi mu bahanzi baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bahisha abo bakundana nabo kugeza ubwo bamwe babiyitiriye.Mbonyi yavuze ko hari umukobwa bamwitiriye ariko asobanura ko atari umukunzi we.

 

REBA HANO IKIGANIRO CYIZA TWAGUHITIYEMO

Uyu muhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yagize ati:” Nibyo hari abo nabonye kumbuga nkoranyambaga (Twitter) berekana umukobwa bakavuga ko dukundana ariko ntabwo ariko bimeze.

Ntabwo uriya mukobwa dukundana kandi ntabwo ndi njyenyine , igihe nikigera nzabereka umukunzi wanjye rwose ariko ibi bibazo bihagarare kuko nikenshi mbibazwa”.

Mbonyi yagaragaje ko muri we harimo impano idasanzwe yo kuririmba ndetse no gusengera abantu.

Advertising

Previous Story

Dore impamvu nyamukuru abagore badakwiriye kwambara imyenda y’imbere irimo amakariso

Next Story

“Nanze kwirirwa nteze amaboko abasore mpinduka umubumbyi” ! Umukobwa mwiza ubumba imitako i Kigali yagiriye inama bagenzi we

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop