Menya impamvu abagabo bakunda gutera akabariro mu gitondo

12/07/2023 21:51

Iki ni ikibazo gikunda kwibzwaho na benshi , bavuga bati:” Kuki abagabo bakunda gutera akabariro mu masaha ya mu gitondo?”.

Kugira ngo umugabo ashake gutera akabariro ni uko umubiri ugomba kuba wakoze umusemburo uhagije wa Testosterone.Ubusanzwe rero uyu musemburo ukorwa cyane mu masaha ya mu gitondo mu gihe baba basinziriye.Iyo bicuye mu masaha ya mu gitondo nanone uyu musemburo uba wazamutse ku kigero cya 25 kugeza kuri 50 ku ijana.

No k’umugore ni uko ariko we , uyu musemburo ucibwa intege n’indi misemburo ifasha mu mikurire y’imyaka myibarukire.Kubera ubwo bwinshi bwuwo musemburo rero , niyo mpamvu abagabo benshi bakunze gusohora nijoro bikaba byibura nka 3 mu cy’umweru nk’uko bitangazwa na Ashley Grossman umuganga mu bitaro bya St Bartholomew mu Bwongereza.

Ubushakashatsi bugaragaza ko kandi umugabo wasinziriye byibura amasaha 5 mu ijoro , bifasha uwo musemburo gukorwa neza ku kigero cya 15 ku ijana.Igihe umusemburo utera ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina kubagabo , kubagore uba wagananutse, akaba ariyo mpamvu abagabo bibasaba ingufu kugira ngo abagore nabo bagire ubushake nk’uko byemezwa na Gabrielle Downey.

Uko amasaha agenda akura niko ubushake bugenda buganyuka ariko byagera mu masaha y’umugoroba akagenda azamuka kubagabo umusemburo wa Testosterone nawo ukiyongera.

INKURU IZAKOMEZA BANA NATWE….

Advertising

Previous Story

Kenny Sol yahuje imbaraga na Harmonize bakorana indirimbo bise ‘One More Time’ – VIDEO

Next Story

Umukinnyi w’Umunyarwanda Emeran Noam yafashije ikipe ya Manchester United gutsinda Leads United

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop