Maze imyaka 6 nonsa umugabo wanjye, bituma urugo rwacu rukomera cyane umugore yavuze ko aha ibere umugabo we

07/12/2023 13:57

Abantu benshi bakomeje gutangazwa n’inkuru y’uyu mugore wavuze ko yonsa umugabo we ndetse ko amaze igihe kinini abikora, bikaba bibafasha kugira urugo rukomeye umubano wabo ntusaza.

Uyu mugore w’imyaka 30 witwa Rachel Bailey, akaba umubyeyi w’abana 3 ndetse n’umugabo we witwa Alexander yavuze ko bamaze igihe babikora ndetse ko byatangiye muri 2017 ubwo yari amaze kubyara umwana we wa kabiri.

 

Ubwo uyu mugore yabyaraga umwana we wa kabiri, bagiye mu karuhuko kure yaho bari batuye, icyakora mu kugenda ngo uyu mugore yibagiwe kamwe ukamisha amashereka yo guha umwana aribyo byaje gutuma uyu mugore Rachel ahura nikibazo bari muri ako karuhuko aho bari bagiye.

Uyu mugabo Alexander mu buryo bwo gufasha umugore we waruri kuribwa kubera amashereka menshi yahisemo kuyonka, maze amubana ubuki ndetse akajya abikora cyane abantu benshi batangira kujya bamubwira ko asigaye afite uruhu rwiza.

Ubwo uyu mugore yabyaraga umwana we wa gatatu rero yonsaga umwana we ndetse akonsa umugabo we mu gitondo na nijoro ariko nyuma yaje kujya agira amashereka macye bituma ajya yonsa umugabo we mu ijoro gusa.

 

Uko konsa umugabo we byaje ngo guhinduka kimwe mu bintu bibasha kugira urugo rwiza ndetse kuri ubu bavuga ko umugabo amaze imyaka 6 yonka.

Agahugu umuco akandi uwako niko abahanga bavuga.

Source: muranganewspaper.co.ke

Advertising

Previous Story

Umugore yavuze uko yahoze agurisha umubiri we ku myaka 10 gusa kugira ngo abone uko abaho

Next Story

Kirehe: Barataka urugomo bakorerwa n’umusore wakatiwe n’inkiko ariko ntiyafungwa

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop